23 C
New York
May 1, 2024
Global News Politics

Umurage w’ Abayuda wijihijwe muri Leta Zunze Ubumwe z’ America.

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe z’America.

Muri Leta Zunze Ubumwe z’ America munyubako y’ amateka ikoreramo Perezida Joe Biden akaba arinayo atuyemo afatanyije na Madam we First Lady Jill Biden ndetse na Vice Perezida Kamala Harris ndetse by’ umwihariko umugabo we Second Gentleman Douglas Emhoff bifatamyije nabandi bakozi bo muri White House kwizihiza Umurage w’ Abayuda muri America (Jewish America Heritage). 

Second Gentleman Douglas Emhoff umugabo wa Vice Perezida Kamala Harris.

Umuryango w’ Abayuda cyangwa abaturage ba komoka muri Isiraheli bafashije cyane kubaka Leta Zunze Ubumwe z’America ndetse bakoze byinshi mukubaka iki gihugu cyigihangange kwisi mu muhango wa bereye muri White House bagarutse cyane kubimaze kugerwaho mubufatanye bwagiye bukomeye bwagiye baturage ba Isiraheli banishimira ibyakozwe mugihe kitari gito gishize.

Leta zunze ubumwe z’America zashyigikiye kwikubitiro ubwigenge bwa Isiraheli nyuma y’intambara y’ isi ya kabiri na Jenoside ya Showa yakorewe Abisilaheli ikozwe na Banazi ba Adolphe Hitler wayoboraga Ubudage. 

Abakozi ba White House bizihije Umurage w’ Abayuda muri America (Jewish America Heritage).

 

Related posts

Al-Hilal yamaze kwumvikana na Paris St-Germain kuri Transfer ya Neymar

M Fabrice

Gundogan muri Barcelona byaba byarangiye?

M Fabrice

Kuva ku nzara ya Ruzagayura ukambuka Jenoside yakorewe Abatutsi ubutwari bwa Gisimba n’ umuryango we.

M Fabrice

Leave a Comment