
Muri Leta Zunze Ubumwe z’ America munyubako y’ amateka ikoreramo Perezida Joe Biden akaba arinayo atuyemo afatanyije na Madam we First Lady Jill Biden ndetse na Vice Perezida Kamala Harris ndetse by’ umwihariko umugabo we Second Gentleman Douglas Emhoff bifatamyije nabandi bakozi bo muri White House kwizihiza Umurage w’ Abayuda muri America (Jewish America Heritage).

Umuryango w’ Abayuda cyangwa abaturage ba komoka muri Isiraheli bafashije cyane kubaka Leta Zunze Ubumwe z’America ndetse bakoze byinshi mukubaka iki gihugu cyigihangange kwisi mu muhango wa bereye muri White House bagarutse cyane kubimaze kugerwaho mubufatanye bwagiye bukomeye bwagiye baturage ba Isiraheli banishimira ibyakozwe mugihe kitari gito gishize.
Leta zunze ubumwe z’America zashyigikiye kwikubitiro ubwigenge bwa Isiraheli nyuma y’intambara y’ isi ya kabiri na Jenoside ya Showa yakorewe Abisilaheli ikozwe na Banazi ba Adolphe Hitler wayoboraga Ubudage.
