IBITARAMO BY’ ISERUKIRAMUCO RYA IWACU MUZIKA FESTIVAL BIGIYE KONGERA GUTANGIRA KUZENGURUKA IGIHUGU MUBURYO BW’INYUMVANKUMVE (Live). 

Iserukiramuco rya IWACU MUZIKA FESTIVAL ryagarutse mu rw’ imisozi igihumbi, nkuko bitangazwa bikanemezwa na baritegura East African Promoters iyobowe na Mushyoma Boubou usanzwe anategura ibitaramo bikomeye mu Rwanda ndetse akaba …

IBITARAMO BY’ ISERUKIRAMUCO RYA IWACU MUZIKA FESTIVAL BIGIYE KONGERA GUTANGIRA KUZENGURUKA IGIHUGU MUBURYO BW’INYUMVANKUMVE (Live).  Read More
Abakuru b'ibihugu mumuryango w'Afurika y'iburasirazuba EAC bateraniye I Nairobi nongera ubutumwa bwa EACRF.

Winston Duke a.k.a M’BAKU icyamamare i Hollywood by’umwihariko muri Black Panther yahawe ubwene gihugu bw’u Rwanda.

Icyamamare I Hollywood umugabo w’ibigango byinshi cyane ufite inkomoko muri Trinidad & Tobago mu birwa bya Karayibe yakoze amateka atandukanye muri Leta Zunze Ubumwe z’America aho nk’umukinnyi wamafirime ndetse wakunzwe …

Winston Duke a.k.a M’BAKU icyamamare i Hollywood by’umwihariko muri Black Panther yahawe ubwene gihugu bw’u Rwanda. Read More

Ali Bongo Ondimba yabaye amateka i Libreville kuko Gen Brice Oligui Nguema yamaze kurahirira kuyobora Gabon.

Byari ibirori byiganjemo imitwe itandukanye ya gisirikare nkuko byagaragaye ku mafoto yafatiwe ku biro by’umukuru w’ igihugu mumurwa mukuru Libreville muri Gabon aho igisirikare giherutse guhirika ubutegetsi bwari bumaze imyaka …

Ali Bongo Ondimba yabaye amateka i Libreville kuko Gen Brice Oligui Nguema yamaze kurahirira kuyobora Gabon. Read More

KWITA IZINA BYAMAZE KUBIGIKORWA MPUZAMAHANGA, MUMYAKA IBAYE 19 ABANA B’INGAGI 370 BOSE BAMAZE GUHABWA AMAZINA.

Umuhango wo Kwita Izina abana b’Ingagi wabaye Ku nshuro ya 19 mu karere ka Musanze muntara y’ amajyaruguru mu murenge wa Kinigi mu mahumbezi y’ Ibirunga bizicumbikiye, Mwisinzi ry’abantu benshi …

KWITA IZINA BYAMAZE KUBIGIKORWA MPUZAMAHANGA, MUMYAKA IBAYE 19 ABANA B’INGAGI 370 BOSE BAMAZE GUHABWA AMAZINA. Read More