17.7 C
New York
April 28, 2024
News Politics

Umuryango wa Afurika yunze ubumwe wakiriwe mwihuriro rya G20, Xi Jin Ping na Valdimir Putin ntibitabiriye inama y’ I New Delhi.

Afurika yarisanzwe ihagarariwe gusa n’ igihugu kimwe, ntigihagarariwe n’ ikigihugu gusa kuko umugabane wose usanzwe utuwe nabagera kuri miliyaridi 1.4 biganjemo urubyiruko rurenga 70% yamaze guhagararirwa n’ Umuryango w’ Afurika yunze ubumwe yongewe kuri Afurika Yepfo.

Minisitiri w’intebe Modi yakiranye urugwiro Azali Assoumani wa Comoros.

G20 n’ itsinda ry’ ibihugu bya mbere 20 bikize kurusha ibindi kw’ isi bihura buri mwaka kuganirakubutunzi bw’ isi yose, ubusanzwe n’ibihugu 19 kongera umuryango w’ ubumwe bw’ uburayi bikitwa G20 bihuriye hamwe byose muri rusange. Ibibihugu bigize G20 byihariye ubutuzi bw’ isi bugera kujanisha rya 85% ndetse na 2/3 byabatuye isi yose muri rusange, buri nama yuyumuryango wa G20 ibihugu bitari muruyu muryango bihabwa ubutumire budasanzwe bwihariye. Ubuyobozi bw’ irihuriro ry’ ibihugu bikize kwisi 20 bugenda buhanahanwa n’ ibihugu birigize aho kuriyi nshuro ubuyobozi bwari bufitwe n’ igihugu cy’ Ubuhinde bwahawe igihugu bya Brezili.

Perezida Tinubu na Minisitiri w’intebe Modi I New Delhi.

Nigeria nka kimwe mubihugu by’ Afurika ndetse bitunze kurushibindi, cyakiriye neza kwakira uyu muryango muri G20 ikemeza ko nku mugabane twiteze kuzageza kure ibyufuzo by’ afurika muri rusange hifashishijwe uyu muryango, Minisitiri w’ intebe Narendra Modi yakiranye urugwiro Azali Assoumani wa Comoro uyoboye African Union namashyi yurufaya kubari bateraniye I New Delhi ahaberaga iyi nama yanatumiwemo Perezida Tinubu wa Nigeria nkumushyitsi na Minisitiri Modi wanavuze ashimangira ko umugabane w’ afurika uhawe ikaze nkinshuti ikomeye muriri huriro.

Guhumugabane w’ afurika umwanya uhoraho muri G20 byakozwe kugirango Abanyafurika bagire ijwi rimwe kubibazo bitandukanye biri kubera mubice bitandukanye by’ isi yose, Ubuhinde bwakomeje kuvuga ko mugihe cyose bwamaze buyoboye iri huriro bwagombaga kuha ijambo igice cyo majyepfo y’ isi byahaye ijambo ibihugu bya afurika muruyu muryango wa G20.

Iri huriro ryashojwe I Delhi ibihugu rutura bikomeye kurusha ibindi bibarizwa muri G20 bibiri gusa ni byo bitabashije kwitabira bihagararirwa na badipolomate babyo ibyo n’ uburusiya bwa Vladimir Putin wahagarariwe na Minisitiri ushinzwe ububanyi n’ amahanga Bwana Sergei Lavrov ndetse na Perezida wa Xi Jin Ping w’ Ubushinwa warusanzwe adasiba inama y’irihuriro.

(Amafoto)

Related posts

Ubu kuri WhatsApp ushobora guhindura no gukosora ubutumwa wohereje bitarenze iminota 15′

M Fabrice

NIKI CYITEZWE KU RWEGO MPUZAMAHANGA KUBIJYANYE NURUZINDUKO RWA KIM JONG UN MU BURUSIYA.

Ngenzi Kepfa

DR Congo: Jean Marc Kabund wateganyaga kwiyamamariza kuba Prezida yakatiwe imyaka 7 y’igifungo

Ngenzi Kepfa

Leave a Comment