17 C
New York
May 14, 2024
Global News Politics

DR Congo: Jean Marc Kabund wateganyaga kwiyamamariza kuba Prezida yakatiwe imyaka 7 y’igifungo

Muri repubulika iharanira Demokarasi ya Congo umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa Jean Marc Kabund w’ imyaka 42 yamaze gukatirwa nurukiko rusesa imanza igifungo cy’imyaka irindwi kubirego 12 birimo no gutuka umukuru w’igihugu bari basanzwe ari nshuti za kadasohoka Felix Antoine Tshisekedi Cholombo.

Jean Marc Kabund wari Vice Perezida w’ Inteko Ishinga amategeko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Jean Marc Kabund n’ishyaka rye bateganyaga kujya mu matora uyu mwaka mu kwezi kwa 12.

Jean Marc Kabund wateganyaga kwiyamamaza kuyobora ikigihugu mumatora ateganyijwe uyu mwaka mu Kuboza uyu mwaka muri Congo Kinshasa n’ishyaka rye Alliance pour le Changement yabaye vice perezida w’ inteko ishinga amategeko ya repubulika iharanira demokarasi ya congo, ibibyaha yarezwe nkuko bivugwa na Radio Okapi yumuryango wabibumbye yakoreye mukiganiro yagiranye nitangazamakuru umwaka ushize, ikigihano nkuko byemejwe n’umunyamategeko we Kadi Diko “ ikini icyemezo gikomeye kuko kitajuririrwa”

 

Related posts

Salva Kiir wa Sudan Yepfo yagiriye uruzinduko muri Uganda aho yahuye na Yoweli Kaguta Museveni.

Ngenzi Kepfa

Umuhango wo gutanga impamyabumenyi kubanyeshuri bashoje amasomo yabo muri EAST AFRICAN UNIVERSITY RWANDA byari birori. 

M Fabrice

RDC: Muri Kivu M23 igiye guhangana n’ ingabo za SADC, USA ikomeje kugaragaza impungenge z’ intambara.

Ngenzi Kepfa

Leave a Comment