14.2 C
New York
May 14, 2024
Global News Politics

NIKI CYITEZWE KU RWEGO MPUZAMAHANGA KUBIJYANYE NURUZINDUKO RWA KIM JONG UN MU BURUSIYA.

Yahagurutse Ku cyumweru mu gihugu cye ntago akunze kugirira ingendo hanze ya Koreya ya Ruguru bite we nuko ingendo amaze gukora kuva 2011 yagera ku bitegetsi ari ngendo 10 gusa Kim Jong Un Perezida wa Koreya ya Ruguru, ubu ari mu ruzinduko mu Burusiya aho hitezwe ibintu byinshi ndetse amakuru ari gutangazwa aruko ururuzinduko rwakozwe mu buryo bwihariye cyane mu rwego rwo gucungira umutekano ababanyacyubahiro. 

Kim Jong Un na Vladimir Putin I Vladivostok.

Uburusiya na Koreya ya Ruguru ni bihugu biri mu bihano by’umwihariko by’ubukungu byafatiwe n’uburengerazuba bw’isi aho Kim Jong Un ashinjwa gucura ibitwaro kirimbuzi ku bwinshi naho Vladimir Putin we akaba yaratangije intambara kuri Ukraine nkuko uburengerazuba bw’isi bubibashinja, Uburusiya na Koreya ya Ruguru ni bihugu biri mu bihano by’umwihariko by’ubukungu byafatiwe n’uburengerazuba bw’isi aho Kim Jong Un ashinjwa gucura ibitwaro kirimbuzi ku bwinshi naho Vladimir Putin we akaba yaratangije intambara kuri Ukraine nkuko uburengerazuba bw’isi bubibashinja, ibi bigatuma Putin ashaka intwaro kuri iki gihugu nacyo gishaka gufatanya n’ Uburusiya kubaka ibyogajuru byo kohereza mwisanzure no gukorana mubikorwa bya gisirikare.

Kim Jong Un wageze m’ Uburusiya kuwa kabiri mu burasirazuba mu gace kitwa Vladivostok gaherereye mu Burusiya ahazanabera inama ya Eastern Economic Forum izahuriza hamwe ababanyacyubahiro Kim na Putin, muri gari ya moshi y’umutamenwa ku mupaka wa Koreya ya Ruguru n’u Burusiya, hafi y’umugezi wa Tumen. baherukaga guhurira nubundi muraka gace mu mwaka wi 2019. 

Related posts

Urubanza rw’ abarega Intumwa Paul Gitwaza rukomeje kutavugwaho rumwe n, abakristu kuko bidakwiye bikomeje kuba ikibazo kwamadini kujyanana mu nkiko.

Ngenzi Kepfa

Kenya: Yatangiye uruzinduko rw’ Amateka muri Kenya igihugu asuye inshuro nyinshi Umwami Karori wa III (Charles III) n’ Umwamikazi Camilla.

Ngenzi Kepfa

Zimbabwe: Indwara ituruka kw’ isuku nke ya Kolera ikomeje kwibasira abantu aho bataka ko nta mazi meza arikuboneka mu gihugu.

Ngenzi Kepfa

Leave a Comment