NYAKUBAHWA PEREZIDA PAUL KAGAME YAKIRIYE AMABARUWA 12 YABAJE GUHAGARARIRA IBIHUGU BYABO MU RWANDA.

U Rwanda nkigihugu gifite umubano mwiza n’ibihugu byo kumigabane yose yisi aho cyakinguriye amarembo buri gihugu icyari cyose mu mikoranire, ubufatanye, ubuhahirane, nibindi byose, rukomeje gutezimbere umubano mwiza nibindi bihugu byo mwisi yose ni mururwo rwego Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri yakiriye ba ambasaderi bashya 12 bamugejejeho impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.

 

Perezida Paul Kagame ubwo yakiraga abaje guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda mu biro bye Village Urugwiro.

Aba bambasaderi baturuka mu bihugu 12 bose uko bakiriwe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda,

Malta: High Commissioner Ronald Micallef of the Republic of Malta.

Ethiopia: Ambassador Mesfin Gebremariam Shawo of the Federal Democratic Republic of Ethiopia.

Algeria: Ambassador Mohammed Mellah of the People’s Democratic Republic of Algeria.

Korea: Ambassador Jeong Woo-Jin of the Republic of Korea.

UBudage: Ambassador Heike Uta Dettmann of the Federal Republic of Germany.

Pakistan: High Commissioner Naeem Ullah Khan of the Islamic Republic of Pakistan.

Israel: Ambassador Einat Weiss of the State of Israel.

Guinea: Ambassador Soumaïla Savané of the Republic of Guinea.

Bahrain: Ambassador Ebrahim Mahmood Ahmed Abdulla of the Kingdom of Bahrain.

Zambia: High Commissioner Mathews Jere of the Republic of Zambia.

Eswatini: High Commissioner Mlondi Solomon Dlamini of the Kingdom of Eswatini.

Iran: Ambassador Majid Saffar of the Islamic Republic of Iran.

Amafoto: VILLAGE URUGWIRO.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *