Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera urukundo rw’aba bantu batandukanye mu ngano aho abantu bashinjaga uyu mukobwa gukurikira amafaranga y’uyu muhanzi.
Eudoxie Yao yagiye ahangana n’abantu ababwira ko urukundo akunda Grad P ari urw’ukuri ndetse atamukurikiyeho amafaranga.
Uyu mugore yatunguranye avuga ko yatandukanye na Grand P.Ati “Ndashaka kubamenyeshako umubano wanjye na Grand P warangiye.Nahisemo gukomeza,murakoze.”
Amakuru avuga ko uyu Eudoxie Yao yarakajwe no kumenya ko uyu Grand P yamuciye inyuma nubwo bose batarabyemeza.