Ko

TUJYANE I NEW YORK AHO PEREZIDA PAUL KAGAME YITABIRIYE INTEKO RUSANGE Y’UMURYANGO W’ABIBUMBYE KUNSHURO YA 78.

Kuva tariki ya 19 kugeza ku ya 26 Nzeri kucyicaro cy’umuryango w’ abibumbye I New York muri Leta Zunze Ubumwe z’ America haratangira inama y’ inteko rusange y’umuryango w’ abibumbye …

TUJYANE I NEW YORK AHO PEREZIDA PAUL KAGAME YITABIRIYE INTEKO RUSANGE Y’UMURYANGO W’ABIBUMBYE KUNSHURO YA 78. Read More

DR Congo: Jean Marc Kabund wateganyaga kwiyamamariza kuba Prezida yakatiwe imyaka 7 y’igifungo

Muri repubulika iharanira Demokarasi ya Congo umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa Jean Marc Kabund w’ imyaka 42 yamaze gukatirwa nurukiko rusesa imanza igifungo cy’imyaka irindwi kubirego 12 birimo no …

DR Congo: Jean Marc Kabund wateganyaga kwiyamamariza kuba Prezida yakatiwe imyaka 7 y’igifungo Read More

Umuryango wa Afurika yunze ubumwe wakiriwe mwihuriro rya G20, Xi Jin Ping na Valdimir Putin ntibitabiriye inama y’ I New Delhi.

Afurika yarisanzwe ihagarariwe gusa n’ igihugu kimwe, ntigihagarariwe n’ ikigihugu gusa kuko umugabane wose usanzwe utuwe nabagera kuri miliyaridi 1.4 biganjemo urubyiruko rurenga 70% yamaze guhagararirwa n’ Umuryango w’ Afurika …

Umuryango wa Afurika yunze ubumwe wakiriwe mwihuriro rya G20, Xi Jin Ping na Valdimir Putin ntibitabiriye inama y’ I New Delhi. Read More